Category: Amakuru ya VAR

View All
Aimable Karasira yasabye ko amafaranga ye arenga miliyoni 100 yafatiriwe ayarekurirwa akishakira umwunganizi
Aimable Karasira yasabye ko amafaranga ye arenga (…)

Karasira Aimable uyu munsi yabwiye urukiko ko agomba kuburana yunganiwe kandi adashaka umwunganira ahawe n’urugaga (…)

APR FC yashyize hanze imyenda yabafana bayo inatangaza ibiciro ku mukino wayo na Pyramids
APR FC yashyize hanze imyenda yabafana bayo inatangaza (…)

Mu mafofo ikipe ya APR FC yashyize hanze imyenda y’abafana baza koresha mu mwaka w’imikino 2024-25 ndetse itangaza ibiciro ku (…)

BNR: yahinduye inoti ya 5000FRW n'iya 2000FRW
BNR: yahinduye inoti ya 5000FRW n’iya 2000FRW

Mu minsi mike mu Rwanda, haratangira kugaragara inoti nshya za 5000frw na 2000Frw zizaba zifite ibirango bitari ibyari (…)

U Bwongereza bwahagaritse icuruzwa rya zimwe mu ntwaro kuri Israel
U Bwongereza bwahagaritse icuruzwa rya zimwe mu ntwaro (…)

Leta y’u Bwongereza yafashe icyemezo cyo guhagarika impushya z’abacuruza intwaro kuri Israel, ivuga ko zishobora kuba (…)

Ubutasi bwa Tshisekedi bwafunze Uwabaye kandida perezida mu matora aheruka
Ubutasi bwa Tshisekedi bwafunze Uwabaye kandida perezida (…)

Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 2 Nzeri, uwahoze ari umukandida ku mwanya wa perezida wa Repubulika, Seth Kikuni, yafashwe kandi (…)

Sena you Rwanda yabonye umuyobozi mushya
Sena you Rwanda yabonye umuyobozi mushya

Abasenateri 26 bagize Manda ya kane ya Sena y’u Rwanda batoye François Xavier Kalinda ngo yongere abayobore. Yamamajwe na (…)

U Rwanda rwasabye ko ibirego bya RDC biteshwa agaciro
U Rwanda rwasabye ko ibirego bya RDC biteshwa agaciro

Kuri uyu wa Kane, Urukiko rw’Ubutabera rw’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba rwatangiye kumva ibyifuzo biva mu rubanza (…)

Mu Rwanda hageze indwara isa cyane na Ebola
Mu Rwanda hageze indwara isa cyane na Ebola

Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko mu mavuriro atandukanye yo mu Rwanda, hagaragaye indwara y’umuriro mwinshi iterwa na Virusi (…)

Tanzania: Ubuzima bwa Perezida Samia Suluhu Hassan, amashuri yize, n'uko yinjiye muri Perezidansi
Tanzania: Ubuzima bwa Perezida Samia Suluhu Hassan, (…)

Samia Suluhu Hassan (wavutse ku ya 27 Mutarama 1960, muri Zanzibar [ubu ibarizwa muri Repubulika yunze ubumwe ya Tanzaniya]) (…)

MINALOC yashyize umucyo ku cyiswe Tour Du Rwanda mu Turere
MINALOC yashyize umucyo ku cyiswe Tour Du Rwanda mu Turere

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Dr Patrice Mugenzi, avuga ko abayobozi b’Uturere twa Karongi na Rusizi baherutse kwegura, (…)

  • 1
  • 2
Get In Touch

Kigali - Rwanda

+250 788 308 594

[email protected]

Follow Us
Keywords

© VAR.rw. All Rights Reserved.